Musanze:Wisdom School Rwanda yungutse ishami ryigisha “ubuforomo”
Yanditswe na Rwandayacu.com
0788478469 Wisdom
Kuri ubu Wisdom School Rwanda iramenyesha kandi irasaba ababyeyi kuzana abana babo kuri iki kigo kubera ko mu mashami ryari risanganywe mu mashuri yisumbuye nioneho hajemo n’ishami ry’ubuforomo bemerewe na Minisiteri y’Uburezi ndetse na Minisiteri y’ubuzima isanga iki kigo gikwiye kwigisha ibijyanye n’ubuforomo.
0788478469 Wisdom
Umuyobozi w’ishuri rya Wisdom School Rwanda yagize ati: “Hano dufite ibyangombwa by’uko umwana uje kwiga hano abeho neza kuko dufite ibikorwaremezo byose kugira ngo umwana yige neza, kandi ducumbikira abana bo mu mashuri yisumbuye, dufite Labolatoire yo mu rwego rwo hejuru kandi ifite ibikotresho byose bikwiye, turahamagarira rero ababyeyi kuzana amana babo hano”.
Umuyobozi wa Wisdom School Rwanda asaba ababyeyi kuzana abana kwiga ubuforomo (foto rewandayacu.com).
0788478469 Wisdom
Wisdom School itanga ubumenyi ku rwego mpuzamahanga , aho ifite ubufatanye na za Kaminuza zo muri Amerika na Canada kandi byagaragaye ko abana bize kuri Wisdom School ku rwego mpuzamahanga bigaragaza mu ruhando rw’abandi bana ku rwego mpuzamahanga, aho bahabwa ibizamini binyuranye kandi bagatsinda neza.
0788478469 Wisdom
Wisdom School ni cyo kigo mu bitanga uburezi mu Rwanda , gisaba amafaranga y’ishuri make.Kandi iri shuri ryemewe ku rwego mpuzamahanga
Amashami ari kuri Wisdomo School MEG, MCB,PCB,MPC,PCM,MPG, Ibaruramari n’ayandi…
Ababyeyi barashishikarizwa kuzana abana kuri Wisdom School 0788478469 Wisdom
Abifuza ibindi bisobanuro bahamagara kuri numero ya telefone igendanwa 0788478469 Wisdom
Kugeza ubu Wisdom School ifite amashami mu turere twa Musanze hari amashuri abanza n’ayisumbuye, Burera, Nyabihu, Rubavu, Karongi,Nyamasheke, Kamonyi, Rwamagana, Kayonza,
Hamagara kuri numero 0788478469 Wisdom School Rwanda.
Kuri Wisdom abana bahigira umuco n’amateka Nyarwanda (foto Rwandayacu.com).
Aboga muri Wisdom baba bafite ahantu heza ho kuruhukira (foto Rwandayacu.com)
406 total views, 4 views today