Kigali: Mu minsi iri imbere hazatahwa ubusitani bwuzuye butwaye asaga miliyoni 200

 

Yanditswe na Ishimwe  Jean Luc

Kugeza ubu mu mugi wa Kigali, hamaze kuzura ubusitani bwatwaye agera kuri miliyoni 226 z’amafaranga y’u Rwanda.Ubuyobozi bw’uyu mugi buvuga ko buzatahwa mu mpera z’uyu mwaka wa 2019.

Ubu busitani buzagirira akamaro abanyarwanda , kuko nanone kizaba ari igikorwa nyaburanga kizaba kiri muri uyu mugi wa Kigali.

Ni ubusitani buzaba butemberwamo, ndetse hazajya hfatirwa amafoto n’amashusho ku bahanzi ndetse n’abazaba bafite ibindi birori binyuranye .

Muri ubu busitani buzaba bufite umwihariko ko ari:

Ubusitanibwabose, ahoburimuntuweseyajyayicaraaruhuka.

Harimo aho kwicara kuko hateyemo intebe

Harimo ubusitani butoshye

Hazabaharimokandi WI-FI y’ubuntu(Free internet)

Hazabahar iubwiherero ( Public Toilet) n’ibindi bituma umuntu agubwa neza.

 

 1,020 total views,  4 views today