Kigali: Mu minsi iri imbere hazatahwa ubusitani bwuzuye butwaye asaga miliyoni 200
Yanditswe na Ishimwe Jean Luc
Kugeza ubu mu mugi wa Kigali, hamaze kuzura ubusitani bwatwaye agera kuri miliyoni 226 z’amafaranga y’u Rwanda.Ubuyobozi bw’uyu mugi buvuga ko buzatahwa mu mpera z’uyu mwaka wa 2019.
Ubu busitani buzagirira akamaro abanyarwanda , kuko nanone kizaba ari igikorwa nyaburanga kizaba kiri muri uyu mugi wa Kigali.
Ni ubusitani buzaba butemberwamo, ndetse hazajya hfatirwa amafoto n’amashusho ku bahanzi ndetse n’abazaba bafite ibindi birori binyuranye .
Muri ubu busitani buzaba bufite umwihariko ko ari:
Ubusitanibwabose, ahoburimuntuweseyajyayicaraaruhuka.
Harimo aho kwicara kuko hateyemo intebe
Harimo ubusitani butoshye
Hazabaharimokandi WI-FI y’ubuntu(Free internet)
Hazabahar iubwiherero ( Public Toilet) n’ibindi bituma umuntu agubwa neza.
924 total views, 4 views today