Kigali:Sobanukirwa indwara y’umwijima bita Hepatite B ihitana abantu benshi ku isi

 

Yanditswe na rwandayacu.com

Muri iki gihe iyo uvuze iyo uvuze indwara ya Hepatite,abantu benshi bagira ubwoba , kuko ni indwara ifata inyama ikomeye mu mubiri wa Muntu yitwa umwijima, ni mu gihe kandi kuko kuko iyo wangiritse umubiri wose ugira ibibazo bikomeye.

Nk’uko Rwandayacu.com yabasezeranije ko buri cyumweru inshuro ebyiri izajya ibagezaho inkuru ku birebana n’ubuzima, nonone yegereye impuguke akaba n’umuvuzi ukoresha imiti y’Abashinwa Abizera Eric, wo muri Kundubuzima Health Care LTD, maze asobanura neza iby’iyi ndwara ya Hepatite B ndetse atanga ikizere ku baba bayirwaye ko ivurwa igakira.

Yagize ati: “Hepatite B ni indwara y’umwijima iterwa n’udukoko duto (Virus)two mu bwoko bwa B, utwo dukoko tukaba twinjira mu mubiri, tunyuze mu nzira  zitandukanye, tukaba muri rusange dukunze kwiturira mu mwijima, ni yo mpamvu bavuga ko ari indwara y’umwijima”.

Umuvuzi Abizera Eric, akomeza agaragaza uburyo iyi ndwara yandura, aho avuga ko Hepatie B, yandura binyuze mu maraso cyangwa se mu yandi matembabuzi y’umurwayi w’umwijima wo mu bwoko bwa B, ishobora kwanduzwa umwana mu gihe umubyeyiari kubyara, cyangwa se undi uyirwaye akaba yayanduza umwana ukiri muto , ishobora kandi gufata umuntu igihe ahawe amaraso yo kwa muganga yanduye uretse ko kuri ubu bitakibaho , , kwijomba ikintu witobora umubiri mugenzi wawe nawe akagikoresha, ikindi ni uko Hepatite B ishobora kwandurira no mu mibonano mpuzabitsina ku bantu babyikorana n’abantu banyuraye harimo ababa barwaye.

Umuvuzi Abizera uvurisha imiti gakondo y’Abashinwa  agaragaza ibimenyetso byaburira umuntu ko yanduye cyangwa se arwaye Hepatite B, aha rero wowe uzoma iyi nkuru biragusaba ko wisuzuma cyangwa se ukamenyesha abo wakumva bafite ibi bimenyetso kugana KUNDUBUZIMA HEALTH CARE LTD, unyuze kuri za Numero za Tel:+250785686682.

Virusi iyo zigeze mu mwijima zirawuzahaza cyane

Abizera Eric yagize ati: “ Iyi ndwara hari abayigira ariko ntibagaragaze ibimenyetso,cyangwa se umurwayi wayo akaba yakwitiranya ibimenyetso byayo n’ibicurane , ariko muri rusange dore bimwe mu bimenyetso bya Hepatite B muri rusange,kubura ubushake bwo kurya (Appetit), umunaniro udasanzwe, umuriro ariko udakabije, kuribwa mu nda, iseseme no kuruka , gutakaza ibiro mu buryo budasanzwe, kuri bamwe hiyongeraho kugira inkari zijimye, kuvira imbere , guhinduka umuhondo ku ruu n’amaso, kwitma ibyererukaguta ubwenge umuntu akumva azungera, cyangwa akagwa muri coma, no kumva umuntu atonekara umuri wose”.

Tel:+250785686682.

Umuvuzi Abizera Eric asanga indwara ya HEPATITE B ivurwa igakira

Umuvuzi Abizera Eric wo muri KUNDUBUZIMA HEALTH CARE LTD, akaba asaba buri wese wakumva afite ibi binyetso kwihutira kugana kwa muganga, kugira ngo bamusuzume barebe koko niba afite ubu burwayi, agasaba abantu bose kwirinda iyi ndwara iterwa na Virus, ko umuntunakwiye kwirinda ahantu hose iyi ndwara yandurira , kugira ngo ubungabunge umwijima n’ubuzima bwawe muri rusange.

Tel:+250785686682.

Yagize ati: “Ubu rero ntibikigoranye kuko kuri ubu iwacu muri KUNDUBUZIMA HEALTH CARE LTD, ubu hari imiti y’umwimerere ikozwe mu bimera kandi ikaba yizewe ku rwego rwo mpuzamahanga kuko ibifitiye ibyemezo twavuga nka FDA(Food and Drug Administration) n’ibindi, iyi miti ikaba ihangana  cyane na Virus zitera Hepatite B, zikagenda zigabanyuka , ikaba ifasha uturemangingo tw’umwijima kutangirika , ituma amaraso atembera neza mu mwijima, ntubike ibinure n’imyanda bituma umwijima ukora neza ndetse n’umubiri muri rusange”.

Tel:+250785686682.

Umuvuzi Abizera akomeza avuga imiti bafite ihangana na Hepatite B, harimo Livergen, Capsule, Cordactive capsule, Goldenhypha capsule, Sprulina tablet, Reish capsule, iyi miti yose Abizera akaba ashimangira ko nta ngaruka igira ku mubiri.

Iyi ndwara kuri ubu ni imwe mu zihangayikishije isi yose kuko abantu basaga miliyoni Magana atanu (500,000,000) nibo bavugwa nk’abamaze kuyandura kandi ko byibura ihitana abangana na miliyoni imwe buri mwaka ku isi. Iyi ndwara yibasira cyane abantu batuye mu bihugu bikiri mu nzira y’amajyambere. Hepatite B ishobora guhinduka karande (chronique) cyangwa ikaba yahindukamo izindi ndwara z’umwijima nk’urushwima (cirrhose) cyangwa kanseri y’umwijima. Iyi ndwara ntikunda kugaragara mu bana bari munsi y’imyaka 12 ahanini kubera baba bataratangira kwishora mu busambanyi ariko uko umuntu ayandura akiri muto niko byongera ibyago byo guhinduka karande.

Umwijima iyo umaze gufatwa na Virusi urazahara cyane ku buryo wijima cyane

 Tel:+250785686682.

Uramutse ukeneye izi nyunganiramirire cyangwa se iriya miti y’umwimerere wagana aho KUNDUBUZIMA HEALTH CARE LTD ikorera mu mugi wa KIGALI, mu nyubako yitewa BEATITUDE HOUSE, muri Etage ya 3,Umuryango wa 17, Cyangwa se ugahamagara kuri Tel:+250785686682.

 30,716 total views,  2 views today