Itangazo ry’icyamunara ku mutungo utimukanwa wa Jean Marie Vianney ahuriyeho na Mukamugema Hadidja

Yashyizweho na Rwandayacu.com

Kugirango harangizwe Dosiye no 00455/2021/TB/GSBO  y’urubanza RC 004114/2018 TBG rwo ku wa  15/10/2018 n’urubanza RS/RECT/RC 00035/2019/TB/GSBO haburana  Jean Marie Vianney na Mukamugema Hadidja hazatezwa icyamunara ku mutungo utimukanwa nk’uko bigaragara hepfo ku itangazo

 

 

 540 total views,  2 views today