Itangazo ry’icyamunara ku mutungo utimukanwa wa Jean Marie Vianney ahuriyeho na Mukamugema Hadidja
Yashyizweho na Rwandayacu.com
Kugirango harangizwe Dosiye no 00455/2021/TB/GSBO y’urubanza RC 004114/2018 TBG rwo ku wa 15/10/2018 n’urubanza RS/RECT/RC 00035/2019/TB/GSBO haburana Jean Marie Vianney na Mukamugema Hadidja hazatezwa icyamunara ku mutungo utimukanwa nk’uko bigaragara hepfo ku itangazo
540 total views, 2 views today