Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina:TURIKUMWE XXX

Yashyizweho na Rwandayacu.com

Uwitwa TURIKUMWE mwene Ndagijimana na Ntabahwana yandikiye MINALOC, asaba guhinduza amazina asanganywe, ariyo TURIKUMWE XXX, akitwa TURIKUMWE JACKSON, mu gitabo cy’irangamimerere.Impamvu atanga yo guhinduza amazina ni izina yabatijwe.

 

 

 

 556 total views,  2 views today