Amakuru

Kigali:Habonetse umujyanama ufasha ababuze urubyaro akoresha kandi n’imbonezamirire

Yashyizweho na Rwandayacu.com

Ku bantu bose bafite ikibazo cyo kubura urubyaro kuri ubu noneho mu mujyi wa Kigali habonetse umujyanama ufasha abantu bose babuze urubyaro iyo hashize amezi 6 umuntu ashinze urugo nta gusama cyangwa se  ngo ube utaratera inda

Habonetse kandi imbonezamirire yitwa FURAHA  YA FAMILIA  yifashishwa kuri abo bose bafite ibibazo

Abantu bagira ikibazo hemorhoid ikabije , Muganga ufite ubwo bubasha n’ubushobozi wamusanga kuri Tel: +250784036174.

Abantu mwese mwifuza kuva ku nzoga  z’ubwoko bwose cyangwa se ibindi biyobyabwenge  by’ubwoko bwose harimo , mugo, shisha, urumogi, mayirungi, isigara itabi ry’ibibabi n’ibindi ibi byose Muganga abifitiye umuti.

Iikindi ni uko hari amavuta y’ubwiza ku bagabo n’abagore, uramutse ukeneye izindi nama ku bundi burwayi cyane ku nzoka ya Amibe kimwe n’uburyo wakumira uburwayi bwa Prostate wakwegera Muganga unyuze kuri telefone  yavuzwe haruguru ukahakura ubujyanama

Tel:+250784036174.