Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina: HATEGEKIMANA XXX
Yashyizweho na Rwandayacu.com
Uwitwa HATEGEKIMANA XXX mwene Nkenzaho na Mukarugira Xaverine yandikiye MINALOC ,asaba guhinduza amazina ariyo HATEGEKIMANA XXX, akitwa HATEGEKIMANA ERIC, mu gitabo cy’irangamimere.Impamvu atanga yo guhinduza amazina ni izina ni yo mazina yakoresheje mu ishuri kuva agitangira kwiga.