Ingingo z’ingenzi z’impamvu zisaba guhinduza amazina
Yashyizweho na rwandayacu.com
Turamenyesha ko uwitwa ISHIMWE Carine mwene Munyarukiko Adrien na Nsekanyarenze Mediatrice, utuye mu mudugudu wa Gatorwa, akagari ka Cyabararika, Umurenge wa Muhoza Akarere ka Musanze , mu ntara y’Amajyaruguru wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo ISHIMWE Carine , akitwa ISHIMWE SANDRINE CARINE mu gitabo k’irangarangamimere.Impamvu stanga yo guhinduza izina ni izina nabatijwe