Ubuzima:Ivuriro kundubuzima Health Care rifite umuti w’umwimrere ukomoka ku bimera urina ukanavura indwara zifata impyiko KIDNEY TONIFYING CAPSULES FOR MEN
Yashyizweho na Rwandayacu.com
UWO MUTI NI KIDNEY TONIFYING CAPSULES FOR MEN umwimerere nyawo
Impyiko, rumwe mu ngingo dufite zifite akamaro gakomeye cyane, kubera ziyungurura amaraso, zigafasha no mu gusohora imyanda iba iri mu mubiri w’umuntu .Umuntu agira impyiko 2 ziherereye mu gice cy’inda yo hasi iburyo n’ibumoso ariko ahagana mu mugongo; buri mpyiko ireshya na centimetero 11.43 (11.43 cm) igapima garama hafi 142 (142g).
Impyiko zigizwe n’uturemangingo duto twitwa nephron tugera kuri miliyoni; nephron nizo zikora akazi ko kuyungurura amaraso no gusohora indi myanda. Amaraso yacu yose ayungururwa n’impyiko hafi ya buri minota 30; zikuramo imyanda iba yaturutse mu bice byose by’umubiri .Buri munsi impyiko ziyungurura hafi litiro 189 (189 litres) z’amaraso, binyuze mu tuyoboro duto twazo tugera ku bihumbi 140 (140,000 tubes). Ibi biterwa nuko ku munsi byibuze amaraso anyura mu mpyiko inshuro zisaga 400 ku munsi.
Impyiko zibuza insoro zitukura (red blood cells cg globule rouges) kuba zasohoka mu nkari; mu gihe wabona amaraso mu nkari zawe ni ikimenyetso cyuko zidakora neza.
Impyiko kandi zigira uruhare mu kuzamuka k’umuvuduko w’amaraso. Mu gihe hakenewe ko amaraso agera byihuse mu bice by’umubiri impyiko zituma imiyoboro y’amaraso isa n’iyifunga nuko amaraso akazana umuduko uri hejuru
DORE AKAMARO K’IMPYIKO
- Impyiko zisohora amazi mu mubiri
- Impyiko zisohora umunyu, n’imyanda umubiri uba wakoze
- Impyiko zitunganya ibitunga umubiri.
- Impyiko zifasha mu gusukura amaraso
- Impyiko zifasha mu kwinjiza imyunyungugu mu mubiri w’umuntu
- Impyiko ziringaniza acide mu maraso
- Impyiko zisohora imyanda n’uburozi mu mubiri w’umuntu
Impyiko zishobora guhura n’uburwayi butandukanye n’imikorere mibi bitewe n’impamvu nyinshi zirimo :
- kurya umunyu mwinshi,n ‘inyama nyinshi,
- kunywa nk’inzoga nyinshi,
- kunywa imiti myinshi
- kurwara indwara zitandukanye,
- kugira umunaniro akabije
- guhumeka umwuka mubi
- kubaho imibereho itari myiza ya buri munsi….
IBIMENYETSO BY’UKO IMPYIKO ZIRWAYE
- Kubabara amaguru n’umugongo wo hasi
- Kurwara indwara yo kubura ibitotsi
- Kwibagirwa bya hato na hato
- Gucika integer mu mubiri ukumva nta kintu na kimwe kigushishikaje
- Kubura ubushake bwo gutera akabariro ku bagabo n’abagore
- Kutagenda neza kw’imibonano mpuzabitsina ku bagabo n’abagore
Bumwe mu burwayi bushobora gutuma impyiko imwe irwara cyangwa zose zikarwara. Uburwayi bw’impyiko buhitana abatari bake ku isi yose buri mwaka, dore ko mu bihugu bimwe impyiko zamaze kuba imari ikomeye bitewe n’uburyo zikenerwa cyane mu gusimbuza iz’abarwayi bazibuze bityo bigatuma bihenda kubona imyiko mu gihe iyikeneye no kubona uguha impyiko bikaba ari ibintu bitoroshye. ubwabyo birahenze cyane iyo bigeze aho bisaba gusimbuza irwaye. Ni yo mpamvu tugomba kwirinda ikintu cyose cya dutera uburwayi bw’impyiko ndetse mu gihe waba warazirwaye ukifashisha zimwe mu nyunganiramirire nziza nka kidney tonifying for Men dore ko ari umuti myiza ugizwe n’ibimera bitandukanye mwimerere birenga amoko 8 birimo : Rhizoma Dioscoreae, Fructus lycii, RadixGinseng, cornu cervi Pantotrichum, cortex cinnamomi,semen Euryales, Concha Ostreae, Flos Chrysanhtemi.
SOBANUKIRWA BYNSHI BIGIZE KIDNEY TONIFYING FOR MEN
Mu buvuzi gakondo bw’abashinwa impyiko zifatwa nka Ministeri y’ingufu “Minister of Power”, umubiri ufata impyiko nk’igice gikomeye cy’ingenzi mu bubiko bw’ingufu m mubiri w’umuntu. Bemeza ko imbaraga umubiri w’umwana uba akiri mu nda ya nyina ataravuka, ziba zibitse mu mpyiko, bigatuma impyiko “bazita imizi y’ubuzima” root of life”bishatse kuvugako ariho ubuzima bw’umuntu bushingiye.
Impiko zifite ibice bikora imirimo ikomeye kandi itandukanye mu mubiri w’umuntu hari icyitwa adrenal grand gitanga imisemburo itandukanye ifasha mu igenzura ry’imikorere myiza y’umubiri(metabolism) ; gusohora imyanda(excretion), kubaka ubudahangarwa , gutanga ubushobozi bwo gukora imibonano mpuzabitsina(sexual potency) n’uburumbuke(fertility), kandi ubushobozi bw’impyiko burenze kuba zikora akazi ko mu mubiri gusa, kuko zinakora akazi ko hanze yawo(external kidneys). Nko gufasha Udusabo tw’intangangabo(testicles) ku bagabo n’imirerantanga ku bagore(ovaries).Bityo impyiko zifite akamaro gakomeye mu kugenga imikorere y’imyanya ndangagitsina ku bagore n’abagabo ; Impyiko zitanga imbaraga ku mubiri dore ko zizwi ho kuba ari zo za mbere mu gutanga imbaraga ku myanya ndangagitsina ku mu gore no ku bagabo.
Bimwe mu biyigize kidney tonifing nka :
Fructus Lycii : ifatwa nk’inyunganiramirire y’ikirenga mu kurinda gusaza imburagihe ; irinda ubuhumyi, ifasha umwijima gukora neza, ifasha mu mikorere myiza y’imyanya ndangagitsina ku bagore n’abagabo binyuze mu mikorere myiza y’impyiko…
Rhizoma dioscoreae igizwe n’intungamubiri z’ingenzi zirimo ama vitamins, ibyubakumubiri(amino acids), n’imyunyungugu itandukanye, ifite umumaro ukomeye mu kunoza imikorere myiza y’umubiri mu gutunganya ibinure, bimwe mu biyigize bigira uruhare rukomeye mu kurinda kwangirika k’uduce tw’impindura (Pancreas), bifasha umusemburo wa insulin kuboneka neza, bikarinda cyane uburwayi bwa Diyabeti.
Ubushakashatsi butandukanye bwemeje ko rhizome dioscoreae ifite umumaro ukomeye mu kuzamura ubudahangarwa bw’ umubiri, kuwurindwa indwara z’imitsi y’amaraso, yongerera umutima imbaraga kandi ikarinda gusaza imburagihe.
Radix Ginseng irazwi cyane mu muco w’ibihugu bya Aziya no mu bihugu by’Uburayi n’Amerika ku kamaro kayo gakomeye cyane mu kuzamura ubudahangarwa bw’umubiri no kongera imbaraga z’umubiri
Concha otreae : Igizwe n’ibyubaka umubiri amoko arenga 18(amino acids), vitamin zo mu bwoko B complex, taurine, calcium, phosphore, ubutare, zinc…yifashishwa nk’ikimera mwimerere mu kuzamura ubushobozi bw’umubiri mu gukora imibonano mpuzabitsina no gufasha impyiko kugumana gutanga imbaraga ku umubiri.
AKAMARO KA KIDNEY TONIFYING for MEN
- Yongera ubushake bwo gukora imibonano mpuzabitsina ku bagabo
- Ifasha abagabo kuryoherwa n’imibonano mpuzabitsina
- Izamura ubushobozi bw’umubiri mu gukora imibonano mpuzabitsina
- Izamura ikigero cy’umusemburo wa testosterone ku bagabo
- Ifasha mu mikorere myiza y’imyanya ndanga gitsina ku bagabo binyuze mu mikorere myiza y’impyiko
- Ifasha impyiko kugumana ubushobozi bwo gutanga imbaraga ku umubiri w’umuntu.
- Yongerera imbaraga impyiko
- Ibungabunga ubuzima bw’impyiko
- Ivugurura imikorere y’impyiko zikabasha kuyungurura amaraso neza
- Ifasha impyiko gusohora imyanda n’uburozi byibitse mu mpyiko
- Irinda gusaza imburagihe
- irinda ubuhumyi n’indwara z’amaso
- Ifasha inyama y’umwijima gukora neza
- Itunganya ibinure binyuze mu kunoza imikorere myiza y’umubiri w’umuntu
- Igira uruhare rukomeye mu kurinda kwangirika k’uduce tugize impindura (Pancreas),
- Izamura umusemburo wa insulin ukaboneka neza
- Irinda ikanavura uburwayi bwa Diyabeti
- Izamura ubudahangarwa bw’ umubiri w’umuntu
- Irinda indwara z’imitsi y’amaraso mu mubiri w’umuntu
- yongerera umutima imbaraga
- Yongera imbaraga z’umubiri w’umuntu
- Irinda ikanavura uburwayi bw’imitsi n’umugongo
IKENEWE NANDE?
- Abagabo bagira ubushake buke
- Abagabo bacika intge mu gutera akabariro
- Abagabo barangiza vuba
- Abagabo barwaye impyiko
- Abagabo bababara mu ngingo
- Abagabo barware umugongo
- Abagabo bafite ikigero k’imisemburo ya testosterone cyagabanutse
- Abagabo bageze mu za bukuru
KIDNEY TONIFYING FOR MEN ifite ubuziranenge mpuzamahanga bw’ibigo nka:FDA(Food and Drug Administration),GMP (Good Manufacturing Practice) n’ikigo cy’abayisiramu(Islam) cya HALLAL bigenzura imiti n’ibiribwa ko byujuje ubuziranenge nta ngaruka mbi byagira ku buzima bw’umuntu.
Uramutse uyikeneye waga IKIGO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE aho dukorera
ADDRESS
IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2 Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Mwanasura urubuga rwacu rwa Youtube arirwo
Kundubuzima health care
616 total views, 2 views today