Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina:TURIKUMWE XXX
Yashyizweho na Rwandayacu.com
Uwitwa TURIKUMWE mwene Ndagijimana na Ntabahwana yandikiye MINALOC, asaba guhinduza amazina asanganywe, ariyo TURIKUMWE XXX, akitwa TURIKUMWE JACKSON, mu gitabo cy’irangamimerere.Impamvu atanga yo guhinduza amazina ni izina yabatijwe.