Amakuru

Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina:NSENGIYUMVA XXX

Yashyizweho na Rwandayacu.com

Uwitwa NSENGIYUMVA XXX mwene SEBIGORI na MUKANDEKEZI yanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina  asanganywe, ariyo NSENGIYUMVA XXX akitwa NSENGIYUMVA ELICADE mu gitabo k’irangamimerere, Impamvu atanga yo guhinduza izina ni izina yabatijwe.