Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina:MANISHIMWE XXX
Yashyizweho na Rwandayacu.com
Uwitwa MANISHIMWE XXX , mwene Ndagijimana Musare na Mukarwego Eugenie, yandikiye MINALOC asaba guhinduza amazuina asanganywe ariryo MANISHIMWE XXX akitwa MANISHIMWE Schadrack mu gitabo cy’irangamimerere.Impamvu atanga yo guhinduza izina ni yo mazina yakoresheje mu ishuri.