Amakuru

Ingingo z’ingenzi z’impamvu gusaba guhinduza amazina

Turamenyesha ko  NIYIBIZI XXX mwene HUMURE  na NSEKANGAFITE, utuye mu mudugudu wa Nyagasambu,Akagari ka Cyogo , Umurenge wa Muko , Akarere ka Musanze, Mu Ntara  Y’Amajyaruguru wanditse asaba uburenganzira bwo  guhinduza amazina asanganywe ariyo NIYIBIZI XXX, akitwa NIYIBIZI Isaie mu gitabo k’irangamimere.Impamvu atanga yo guhinduza izina  ni Izina nabatijwe.