Ivuriro Kundubuzima Health Care LTD:Umugabo ucika intege mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina yagana Kundubuzima Health Care LTD.Umuvuzi ABIZERA.
Yanditswe na rwandayacu.com
Umuganga uvuza imiti gakondo y’Abashinwa , ubarizwa muri Company Kundubuzima Health Care Ltd, avuga ko umugabo uwo ariwe wese , ugira intege nke mu gihe cyo gukora imibonano mpuzabitsina akwiye gukoresha inyunganiramirire bita REVIVE CAPSULE, ivura biriya bibazo bigakira vuba kandi burundu.
Muganga Abizera Eric, avuga imirire ari kimwe mu bituma umuntu agira gahunda mu buzima bitewe n’imirire myiza, aha rero ni ho ahera avuga ko inyunganiramirire REVIVE CAPSULE ifasha abagabo mu gutera akabariro
Tel:0785686682.
Yagize ati: “Hari bamwe mu bagabo barangiza vuba bikaba ndetse bamwe byabaviramo no kwiyahura nyine kuko we yumva ko ntacyo amaze, iki ni ikibazo gikomerera abashakanye, ahanini ni kimwe mu bikurura impagarara mu miryango y’abashakanye yemwe ikanasenyuka, kuko hazamo no gucana inyuma , nyamara igisubizo kirahari , kuko REVIVE CAPSULE ikaba inyunganiramirire iragikemura rwose kikarangira burundu”.
REVIVE CAPSUL ikora byinshi ku mubiri cyane cyane abagabo.
Umuvuzi Abizera Eric, avuga ko hari abajya bafata ziriya nyunganiramirire za KUNDUBUZIMA HEALTH CARE LTD, nk’ibinini bisanzwe, ngo ntabwo aribyo, ahubwo ni uburyo bwiza iteguwe kandi ikozwe mu byatsi rwose, ibintu abantu badakwiye gufata nk’imiti yindi ikozwe mu binyabitabire, ahubwo iba ije kubafasha kugira ubuzima bwiza.
Yagize ati: “ Twebwe urebye ibyo Kundubuzima Health Care LTD, ntabwo wavuga ko ari imiti nk’uko muzi ibinini musanga kwa muganga , oya ibi ni inyunganiramirere cyane kandi zemewe ku rwego mpuzamahanga, yujuje ubuziranenge, ikaba rero imwe mu riyo igira uruhare mu kuzamura ubudahangarwa, ifasha umwijima kongera, gukora neza kubungabunga prostate, impyiko gukora neza, nko kugabanya ibipimo by’isukari mu maraso, igihe yabaye nyinshi mu maraso irayigabanya ikaba nziza ku buryo igera ku gipimo cya 120/8 ; ntibirenge aho iyo bigeze ku 140, uba wageze ku rwego rwo kurwara diabete”.
Tel:0785686682.
Umuvuzi Abizera Eric uvurisha imiti gakondo y’Abashinwa, avuga ko nta banga mu kazi kabo ku bijyanye n’inyunganiramirire bakoresha mu kongerera ubudahangarwa umubiri.
Tel:0785686682.
Yagize ati: “ Ni umunyarwanda washobora gukora iyi nyunganiramirire yabikora kuko ni ibintu ntakwirirwa nshyira mu bwiru, nk’ubu REVIVE CAPSULE, ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo imbaraga mu mibonano mpuzabitsina no gutuma imitsi ikora neza, REVIVE ,ikaba ikorwa mu byatsi bisanzwe nka Epimidiyumu, ni igihingwa kirandaranda kiri mu miryango w’ibihingwa nka berberidacea, kikaba kiboneka mu bice bimwe bya Aziya, aho iki gihingwa kimaze imyaka isaga 2000,mu Bushinwa kikaba gikoreshwa nk’icyongera imbaraga z’abagabo no kumuvura imikorere mibi y’umubiri wa kigabo
Tel:0785686682.
Umuvuzi ABIZERA ashimangira ko REVIVE CAPSULE, yateguwe by’umwihariko kugira ngo yongere ubushake bw’imibonano mpuzabitsina yongere ubwishi no gukomera kw’intanga.
Yagize ati: “REVIVE CAPSUL igira uruhare rukomeye mu kurinda no kuvura gusohora imburagihe ndetse ikanavura ingaruka ziterwa no kwikinisha,ikaba igira uruhare mu gukiza mu gusohora imburagihe no gucika integer mu gihe cyo gutera akabariro, ikaba yongera ibyo bita Libido ku kigero cyo hejuru,ikanarinda kandi ikavura ububare bwo mu kibuno, ikongera ubwinshi n’ubwiza bw’intangaigatuma ubwonko bukora neza ‘ikongera imbaraga , ndetse n’amasohoro, ikavanaho umunaniro wa hato na hato”.
Umuvuzi Abizera asaba abagabo gukoresha REVIVE (FOTO nGABOYABAHIZI P).
IBYIZA BYINSHI BYO GUKORESHA REVIVE CAPSUL BURAMBYE.
Umugabo wakoresheje REVIVE CAPSUL, amara ipfa umugore bakoranye imibonano mpuzabitsina ku buryo , uwo mugabo asiga ishusho nziza itazava mu bwonko bw’umugore babonanye, kuko aba yamugereye ku ngingo, nk’uko Umuvuzi Abizera akomeza abivuga.
Tel:0785686682.
Yagize ati: “Umugabo wakoersheje REVIVE CAPSUL yigirira ikizere kandi umukobwa cyangwa umugore bakoranye imibonano mpuzabitsina nawe akomeza kumwiruka inyuma kubera ibyishimo amuha , kandi nta n’ubwo yigera amwibagirwa mu buzima bwe, ibi bituma havaho wa muco mubi wo guhora abantu bamwe bavuga ko bapfubywa n’abakunzi babo”
Rwandayacu.com mu gushaka kumenya koko niba Uyu muvuzi Abizera ko ibyo avuga aribyo koko maze yegera umwe mu bagore bo mu murenge wa Musanze akaba atarifuje ko amazina ye atangazwa maze avuga ko REVIVE yabubakiye umuryango mu buryo bufatika.
Tel:0785686682.
Uyu mugore rwandayacu.com yahaye izina rya Nyimahirwe Enata yagize ati: “ Inyongeramirire REVIVE rwose yanyubakiye urugo kuko nari ngiye no kwishora mu ngeso mbi kubera ko umugabo wanjye yangeragaho natangira kunezerwa akaba ararangije, ibi bintu rero njye numvaga ko afite abandi bagore yibera nabo cyangwa se baba baramuroze, ariko ku mafaranga makeKundubuzima Haelth Care LTD, yatwubakiye umuryango , rwose abagore nibareke gukomeza kumva ko abagabo babo batabarongora uko bikwiye ku bushake bwabo , ahubwo babuze imirire, ituma babashimisha, ubu iwanjye ni ibyishimo gusa”.
REVIVE CAPSUL igisubizo ku bagabo bagira intege nke mu gutera akabariro.
KUNDUBUZIMA HEALTH CARE, ifasha n’abagore bafite ibibazo byo kubura y’amavangingo cyangwa abarwara infection,kimwe n’abagira ubushake buke, bakanaribwa mu bihe by’imihango.
Tel:0785686682.
KUNDUBUZIMA HEALTH CARE LTD,ifasha abantu bafite ibibazo by’igifu, umugongo, umwijima wa hepatite, ubugumba, uburemba, impyiko, imitsi, tirikomonasi, indwara z’uruhu, indwara z’umwingo, prostate ku bagabo ,uburwayi bwa diabete bo ku rwego rwa 1&2 n’izindi…
KUNDUBUZIMA HEALTH CARE LTD wabasanga kuri youtube chanel, Facebook, tweter, Google, na Instagram, wabakurikira bagira ibiganiro bisobanura ibyo bakora
ADDRESS
Uramutse ukeneye Slimming Capsules wagana Ivuriro KUNDUBUZIMA HEALTH CARE
Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2
Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP)
Mwanasura urubuga rwacu arirwo
Tel:0785686682.
2,772 total views, 4 views today