Ivuriro Kundubuzima Health Care: Ibyo turya n’ibyo bitugira abo turibo.Muganga  Abizera uvuza imiti y’Abashinwa

Yanditswe na Ngaboyabahizi Protais

Bamwe mu baturage ku isi  ntibazi ko indwara   zinyuranye, akenshi bakunze guhura nazo  ziterwa  no kutabona indyo yuzuye n’ubwo umubare munini w’indwara nyinshi ukomoka ku isuku nkeya, Umuvuz ukoresha imiti y’Abashinwa  Abizera Eric  we asanga ibyo Muntu afata  nk’ifunguro cyangwa se ibinyobwa ari byo bituma uwo muntu agira ubuzima bwiza.

Uyu muvuzi Abizera Eric, kuri ubu ufite uburambe muri iyi miti yitwa inyunganiramirire, avuga ko bo bashyizeho uburyo bwo kongerera imirire bamwe mu banyarwanda babaha imiti ikoze mu buryo bw’umwimerere bw’agakondo ikozwe mu bimera , iyo miti umurimo wayo yoza umubiri ikuramo toxine, ikongerera ubudahangarwa umubiri ikuramo amaserire yashaje yongeramo amashya.Nk’uko rwandayacu.com yabiganirije uyu muvuzi  Abizera aratubwira ibyo bakora

Yagize ati: “ Twebwe  urebye ibyo dukora ntabwo wavuga ko ari imiti nk’uko muzi ibinini musanga kwa muganga , oya ibi ni inyunganiramirere cyane kandi zemewe ku rwego mpuzamahanga, yujuje ubuziranenge, ikaba rero imwe mu riyo igira uruhare mu kuzamura ubudahangarwa, ifasha umwijima kongera, gukora neza kubungabunga prostate, impyiko gukora neza, nko kugabanya ibipimo by’isukari mu maraso, igihe yabaye nyinshi mu maraso irayigabanya ikaba nziza ku buryo igera ku gipimo cya 120/8 ; ntibirenge aho iyo bigeze ku 140, uba wageze ku rwego rwo kurwara diabete”.

Umuvuzi gakondo uvuza imiti y’Abashinwa, Abizera , ashimangira ko iyi miti yose iva mu Bushinwa, aho bita Tianjine  aho ubuvuzi gakondo bumaze imyaka isaga 1000, kuko ubuvuzi gakondo bw’abashinwa bwatangiye mbere y’ivuka rya Yezu Krisitu.

Rwandayacu.com, yashatse kumenya niba iriya nyunganiramirire cyangwa se imiti yaba yemewe maze ashimangira ko bizwi hose ku isi.

Umuvuzi Abizera yagize ati: “ Iyi miti iremewe cyane kuko yakorerwe igenzura n’ikigo cy’abanyamerika kitwa FDA cy’abanyamerika gishinzwe kugenzura imiti n’ibiribwa ndetse n’ikigo kitwa GMP, ikindi ni uko no mu Rwanda rwose izi nyunganiramirire zemewe cyane nta mpungenge rero kuri buri wese wumva akenye gukoresha iyi miti”.

Uyu munsi rero Umuvuzi  uvuza imiti y’Abashinwa Abizera, agiye kutubwira ibijyanye n’inyonganiramirire yitwa REVIVE, ikaba ingirakamaro ku bagabo, kuko ikora no ku migendekere myiza ya Prostate no kongers kubaka ubudahangarwa mu kuzuza inshingano z’abashakanye ku mibonano mpuzabitsina.

Yagize ati: “  Hari  bamwe mu bagabo barangiza vuba bikaba ndetse bamwe byabaviramo no kwiyahura nyine kuko we yumva ko ntacyo amaze, iki ni ikibazo gikomerera abashakanye,  ahanini ni kimwe mu bikurura impagarara mu miryango y’abashakanye yemwe ikanasenyuka, kuko hazamo no gucana inyuma , nyamara igisubizo kirahari , kuko REVIVE ikaba inyunganiramirire iragikemura rwose”.

Umuvuzi Abizera uvuza imiti y’Abashinwa akomeza avuga ko kurangiza vuba bivugwa  igihe umugabo arangiza (asohora) mbere y’uko akora imibonano cyangwa se hatarshira iminota ibiri ari muri icyo gikorwa, , ibi ngo akenshi biba atabishaka , bikamuteta guhangayika , kwigaya, bikaba biteza umwiryane mu rugo hari n’ubwo n’uwo bashakanye amuca inyuma kubera  kutamugezaho ibyishimo uko bikwiye .

Yagize ati: “ Iki kibazo ntabwo kiri kuri bake mu bagabo,abenshi bagihuriyeho, kandi ibi biravurwa bigakira burundu, kuko REVIVE CAPSULE, ifasha kuri iyi ngingo  ku buryo umugabo yongera kuzana ibyishimo mu rugo rwe umuryango ukabaho mu byishimo, ikaba ari inyunganiramire ikunda kuboneka  mu bihugu muri Aziya, nko muri Korea, Ubushinwa, Revive ikaba rero yifashishwa mu kuvura indwara zikomeye ndetse no kurinda umubiri indwara nka Kanseri, ikaba nta ngaruka igira ku buzima bwa muntu , ahubwo itanga igisubiza kiza mu gukuraho ingaruka zatewe no gukoresha imiti irimo ibinyabutabire (chemical elements)”.

 

Umuvuzi  Abizera Eric uvuza imiti y’Abashinwa asanga nta ngaruka igira ku buzima bwa muntu (foto Ngaboyabahizi Protais).

Bamwe mu bakoresheje inyunganiramirire , bavuga ko byabubakiye imiryango, kuko bakoresheje REVIVE, nk’uko umwe mu bagabo bo mu mugi wa Musanze, utuye mu murenge wa Musanze yabitangarije rwandayacu.com.

Yagize ati: “ Najyaga njya muri imwe mu mafarumasi ya hano mu mugi bari banzi rwose narinjiraga bagahita bamenya ko nje gufata ikiyobyabwenge kimfasha gukora imibinano mpuzabitsina, kuko rwose niyemeje kubigura ari uko nabinaga iwanjye bikomeye, ibyo binini narabikoreshaga iwanjye nkarwara umutwe ku buryo iyo nabaga nakoze imibonano ntabwo najyaga ku kazi, ariko aho menyeye REVIVE CAPSULE, iyi nyunganiramirire yatumye rwose mu gihe cy’ukwezi kumwe nsubira ku murongo, ubu ntiwambwira ngo ndakoresha ibyatsi, ibinini umuntu akoresha inshuro imwe ubundi agasaza, oya rwose ahubwo abagabo nibagane  bariya bafite imiti babagire inama kandi ntibisaba amafaranga menshi”.

Umwe mu baturage ukoresha Revive avuga ko yamugiriye akamaro (foto Ngaboyabahizi Protais).

Muri rusange nk’uko Umuvuzi  uvuza imiti y’Abashinwa Abizera , akomeza abivuga ngo hari abanyarwanda basaga ibihumbi byinshi bakoreha ziriya nyunganiramirire bikaba byaratumye bakira indwara nyinshi, aha akagaruka no ku bindi byinshi byiza bya REVIVE.Aho ituma, amaraso atembera neza mu mubiri, igatuma ubwonko bukora neza ikanongerera umuntu imbaraga, Yongera ubudahangarwa amaso akongera kureba neza, igabanya urugimbu rw’amaraso, irinda amaraso kwipfundika, , irinda imitsi gupfunyarara, ivura guhorana umunaniro ukabije, irinda uburemba ikanongerera ubushake abagabo bwo gukora imibonano mpuzabitsina, , ivura kubyimbagatana ikabavura gusesa urumeza, irwanya cyane kurwara umutwe w’uruhande rumwe ikanarwanya asima, ihanganan’ingaruka zo kwikinisha, ikongera imbaraga za kigabo ndetse ikongera amasohoro.

 

 

Umuvuzi Gakondo Abizera  avuga ko gufata REVIVE bitagoranye ngo kuko umuntu afata ikinini kimwe mu mimsi ine , ibintu bigaragaza imbaraga ifite.

Muri iyi minsi abacuruza iyi miti batangazako yagabanije ibiciro ho aho yatanze Promotion y’igihe gito kugera kuri 30%.Bakaba bakorera mu bice binyuranye, ariko aho batarafungura imiryango, iyo uguze inyunganiramirire ikugeraho rwose mu gihe gito kandi mu buryo bwiza n’ibanga rikomeye.

Ubutaha  mu biganiro bikurikira tuzabagezaho n’izindi ndwara iyi company ikoraho ikorsheje inyunganiramirire, kuko twagiranye ikiganiro kirekire.

  ADDRESS

Ikigo KUNDUBUZIMA HEALTH CARE Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2 Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) 

Mwanasura urubuga rwacu  arirwo

www.kundubuzima.rw

Mwa kurikira ibiganiro byacu ku rubuga rwa youtube ni

Kundubuzima healrth care

 

 

 40,935 total views,  2 views today