“JOINT PAIN” NI UBURWAYI BUTANDUKANYE BWO KURIBWA MU NGINGO AHANINI BUSHINGIYE KU MITSI IFATA KU MAGUFWA(LIGAMENT,TENDONS,CARTILAGE).BURAVURWA BUGAKIRA HIFASHISHIJWE IMITI IKOMOKA KU BIMERA IBONEKA MU IVURIRO KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

 

 

Yanditswe na Rwandayacu.com

Uburwayi bwo kubabara mu ngingo muri iki gihe burembeje benshi  kuko usanga abantu bataka ko babara cyane cyane mu mavi ; ukabona umuntu guhina mu mavi ni ingorane cyangwa se kubabara mu zindi ngingo  nko mu nkokora ,intoki,mu bitugu,mu birenge,ijosi,umugongo ,n’ahandi. ubu burwayi bwo kubabara mu ngingo bushobora guterwa n’impamvu nyinshi kandi bushobora kwibasira ingeri nyinshi z’abantu ; yaba abagore, abagabo, abakuru cyangwa abato .

Muri iyi nkuru tugiye kurebera hamwe ibintu bitandukanye bitera  ubu bubabare bwo ngingo;

  1. Osteoarthritis:ni uburwayi buterwa no gusaza kw’amagufwa,umubyibuho ukabije cyangwa kuvunika gutandukanye ubu burwayi burangwa no kubabara cyane mu ngingo zitandukanye twavuga nko mu bujana,ijosi,umugongo,intoki,amatako,n’amavi ubu bubabare bugenda bwiyongera uko iminsi ishira ndi igataha buba bwatewe n’uko umusokoro uba hagati y’amagufwa mu ngingo washizemo hakabaho gutangira gukoranaho kw’amagufwa akaba yanavunguka ibyo rero nibyo Bizana ububabare bukabije mu ngingo

2.Rheumatoid Arthritis ubu burwayi buterwa no kwibeshya k’ubudahangarwa bw’umubiri bukarwanya uturemangingo tugize amagufwa bikabera  mu ngingo .ibyo bituma hatangira kubaho kubabara no kokera mu ngingo aho biri kubera ndetse hagatangira kubaho kwihina (kwigonda) kw’aho biri kubera ku mubiri ,iyo bitavuwe birangi mu ngingo hatakibasha gukora  na rimwe muzabona abantu bahinamiranye intoki zitarambuka,amavi,n’iyi ndwara iba yarabazahaje yewe si mu mavi no ku ntoki gusa kuko bishobora no kugera ku  bihaha no ku maso

  1. Bursitis :ubu burwayi buterwa no kwireka kw’amazi mu ngingo hagati y’imitsi n’igufwa n’umusokoro bikagabanya gukora ko mungingo nko kwihina kurambura ,..iyi ndwara igendana n’imyaka uko ugira imyaka myinshi niko ugira ibyago byo kurwara iyi ndwara.ikindi kiyitera n’ugukora ibintu byinshi bisubiramo kenshi ukoresha mu ngingo urugeronko kurambura ukanahina amaboko ukabikora kenshi bitera iyi ndwara.

4.Strains and Sprains :Strain n’ukwangirika kw’imitsi (muscle )minini ifashe ku magufwa mu gihe Sprain ari ukangirika  kw’imitsi ihuza igufwa n’irindi(ligament).

Ububabare mu kirenge buterwa no kwangirika k’umutsi w’itako (hamstring muscle)wangiritse ukaba wavunika cyangwa ugacikamo kabiri .kuvunika cyangwa kureguka kw’imitsi minini cyangwa inyama zihuza amagufwa nibyo bitera ububabare butandukanye bwo mu ngingo .

5.Tendinitis :ubu burwayi buterwa no kubyimba kw’imitsi ifashe ku igufwa(tendons) bitera ububabare bukabijemu ngingobyumwihariko mu ntugu,amayunguyungu,mu birenge ,amaboko n’intoki  ahanini biterwa no kwicara cyangwa guhagarara nabi,kutanunura imitsi mbere yo gukora ibintu bitandukanye cyangwa kumara umwanya munini uri gukoresha ingingo zimwe gusa ibintu bimwe.

Ubu bubabare bushobora guhinduka ubwigihe cyose igihe butavuwe neza kandi ku gihe.

Ubundi bubabare bwo mu ngingo twavuga ni fibromyalgia hypothyroidism, lupus, fibromyalgia, bone cancer (Kanseri y’amagufwa)

 

Nkuko tumaze kurebera hamwe ko uburwayi bwo kubabara mu ngingo buterwa n’impamvu zitandukanye ni byiza kubwivuza ku gihe ugafata imiti n’inama za muganag kugirango ugire ubuzima bwiza.

Ivuriro KUNDUBUZIMA HEALTH CARE rero twabazaniye imiti ikaba n’imyunganiramirire ivura ikarinda kubabara mu ngingo,indwara z’imitsi,indwara zitandukanye z’amagufwa  ndetse n’indwara zifata mu ngingo zitandukanye zigize umubiri.

Iyi miti ikaba yizewe ku ruhando mpuzamahanga kuko ifite ubuziranenge bw’ibigo nka FDA (Food and Drugs Administration), GMP, HALLAL, n’ibindi kandi nta ngaruka igira ku wayikoresheje.

 

Iyo miti ni:Golden Six Capsules,Ca+Fe+Zi Plus Capsules,Joint Health Capsules,Calcium Capsules na Compound Marrow Powder,spirulina capsules.

 

                              ADDRESS

Uramutse ukeneye Slimming Capsules wagana Ivuriro KUNDUBUZIMA HEALTH CARE

Dukorera mu Mujyi wa KIGALI, Muhima mu nyubako ya Chic muri etaji ibanza (muri 0) winjiriye mu marembo ya Chic na Gare ya Down Town kuri RESTAURENT UMUT na MTN CENTER winyiye hategaganye na BANK OF AFRICA hasi kuri PARKING winjira muri CHIC imbere Umuryango D055A2  

Mwaduhamagara kuri 0785686682 (WHATSAPP) 

Mwanasura urubuga rwacu arirwo

www.kundubuzima.rw

 514 total views,  2 views today