Inyandiko imenyesha KANAMUGIRE NOEL

Yashyizweho na rwandayacu.com

Tubisabwe na MUTUYIMANA Japhet, mwene NGIRUNDENGERA Simon na BAKURURIRWA Lydie, utuye mu Kagari NYARUBUYE, Akagari ka SAHARA, Umurenge wa BUSOGO,Akarere ka Musanze,Intara y’Amajyaruguru;

Dushingiye ku rubanza RC00190/2019/TG/RBV rwo ku wa 23/10/2020,Tumenyesheje KANAMUGIRE Noel,nyuma y’amezi abiri dukoze iri menyesha tuzaza kurangiza urubanza rwavuzwe haruguru duhesha MUTUYIMANA Japhet, urwuri yatsindiye rubaruwe kuri UPI:3/04/08/02/8427 ruhereye mu mudugudu wa GAKAMBA, Akagari ka Mulinga, Umurenge wa Mulinga, akarere ka Nyabihu, Intara y’Iburengerazuba, .Kandi tukanamwishyuza amafaranga ahwanye na miliyoni imwe n’ibihumbi makumyabiri y’u Rwanda (10.20000) yatsindiye hiyongereyeho igihembo cy’umuhesha w’inkiko w’umwuga kingana na 500.000 ndetse n’indi mirimo izaba yakozwe.

Nyuma y’amezi abiri ni ukuvuga mu kwezi kwa karindwi 2021, ni bwo tuzabishyira mu bikorwa .Niba utabitunganije bikazakorwa kungufu za Leta  udahari.

Iyi nyandiko itangajwe ku nkiko zisumbuye zose z’u Rwanda,mu kinyamakuru kitwa  rwandayacu.com ndetse no kuri Radio Rwanda

Murakoze, tubayetubashimiye

NYIRAKADARI RUKIRIZA Pelagie

Umuhesha w’inkiko w’umwuga

 

 1,270 total views,  2 views today