Ingingo z’ingenzi z’impamvu yo gusaba guhinduza amazina:TUYISENGE XXX
Yashyizweho na rwandayacu.com
Uwitwa TUYISENGE XXX Mwene Bagaragaza na Mutezimana yandikiye MINALOC, asaba guhinduza amazina asanganywe ariyo TUYISENGE XXX, akitwa DUSABIMANA Jean Marie Vianney, mu gitabo cy’irangamimerere.Impamvu atanga yo guhinduza izina ni yo mazina yakoresheje mu ishuri kuva agitangira kwiga