Ingingo z’ingenzi z’impamvu gusaba guhinduza amazina
Turamenyesha ko NIYIBIZI XXX mwene HUMURE na NSEKANGAFITE, utuye mu mudugudu wa Nyagasambu,Akagari ka Cyogo , Umurenge wa Muko , Akarere ka Musanze, Mu Ntara Y’Amajyaruguru wanditse asaba uburenganzira bwo guhinduza amazina asanganywe ariyo NIYIBIZI XXX, akitwa NIYIBIZI Isaie mu gitabo k’irangamimere.Impamvu atanga yo guhinduza izina ni Izina nabatijwe.